
Ndi umujyanama urangwa n’ishyaka,umuvugizi ushishikariza abantu gutanga ibitekerezo byabo kandi nkora ibintu by’ikoranabuhanga. Nibanda ku murage ndangamumuco,kwiha ubushobozi no gutera impinduka nziza binyuze mu kuvuga inkuru nzima no kuganira mu buryo bwimbitse.
Kanda hano usabe Serivisi zanjye
Ndi umujyanama n’umuvugizi ushishikariza abandi.Navutse ku babyeyi b’Abanyarwanda kandi nakuze nishimira imibereho y’ubukire mbikesha Data wari umucuruzi uzi kwihangira imirimo.Ubuzima burahinduka njya kuba muri Kenya no muri Australia; byanyigishije kuba inararibonye nicyo gituma inama ntanga ziva kuri experience y’ubuzima naciyemo.
…………………………………………………………………………………………………………
Ese waba uri Umubyeyi ufite Abana b’ingimbi cyangwa b’abangavu bafite ibibazo?
Vugana n’umusaza w’inararibonye ku bibazo byose ufite
Reka mvugane na bo maze mbafashe uko bazavamo ababyeyi beza.Mfatiye ku bunararibonye nakuye mu kurera bene abo bana bafite ibibazo.Hari inyigisho ntanga nzinyujije mu myitozo y’ingirakamaro mbatoza gukora.Saba gahunda yo kugisha inama maze dutangire urugendo rugana ku mpinduka nziza.
Kanda hano wake gahunda yo Kugisha inama kuri Telefone
Nkurikira ku muyoboro wanjye w’ibiganiro (Podcast)
Ntanga umwanya ku muyoboro wanjye w’ibiganiro (podcast) aho dushobora kuganira ku ngingo zitandukanye.Waba ufite inkuru ushaka gusangiza abandi cyangwa ingingo ushaka gucukumbura,nifuza kuganira nawe. Saba umwanya ku muyoboro wanjye w’ibiganiro (podcast) maze tuganire. Reka mvugane na bo maze mbafashe kuba abagabo beza.Nkurikije ubunararibonye bwanjye bwo kurera abangavu n’ingimbi bafite ibibazo, mbaha ubuyobozi mbinyujije mu nyigisho z’imyitozo y’ingirakamaro.Saba gahunda yo kugisha inama, hanyuma dutangire urugendo rugana ku mpinduka nziza.
Teguza umwanya w’ikiganiro cyawe ku muyoboro (Podcast)
Link : https://youtube.com/@Nrubasha
